Amabere yateje impaka mu nteko nshingamategeko ku guhana icyaha cy’amashusho y’urukozasoni mu Rwanda - Byoseonline.rw
December 2, 2023

3 thoughts on “Amabere yateje impaka mu nteko nshingamategeko ku guhana icyaha cy’amashusho y’urukozasoni mu Rwanda

  1. Ndabona iri tegeko rishya rizagorana gushyirwa mu bikorwa kuko inyito “imyanya ndangagitsina” idasobanutse neza. 1) Murabizi ko twakuze tubona ababyeyi bonkereza abana mu ruhame nta pfunwe. Ese ubwo itegeko rizabuza umubyeyi konsa umwana ushonje? Cyangwa rizabisobanura ko ibere ry’umubyeyi wonsa ritandukanye n’iry’utonsa?. 2) Imyanya ndandagitsina ishobora ko kugaragara umuntu yambaye imyenda imufashe cyane ku buryo imiterere ye yose y’umubiri we yishushanya, byo itegeko rizabivugaho iki? Bikwiye kwigwaho n’ubushishozi bwinshi.

    1. Reka turebe imyitwarire y abazungu niyiwacu irwanda ese niba tuvuga umuco nyarwanda byaba bimaze iki tuvuga ururimi nyarwanda Tudakora ibijyanye n ururimi plz jye ndumva harebwa umuco nyamuco ntitugendere ku iterambere kko bamwe iterambere barifata uko ritari

  2. Iryo tegeko baryihorere bareke abantu bambare uko babyumva kuko n’abandarika amaso nabo bakwiye kuzahanwa.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *