Muraho neza mwebwe musana imitiya yakomeretse mukanagira inama ababa baremerewe, nimumfashe mungire inama kuko nabuze icyo gukora....
Urukundo
Hari amayeri menshi akoreshwa n’abagabo cyangwa abasore bakaba babasha kuganza ibyiyumviro by’abakunzi babo bifashishije kubaza ibibazo bisa...
Hari ibintu by’ingenzi umukobwa ukunda agukorera bikaba byahita bikwereka ko atagukeneye na gato mu rukundo. Igitsina gore...
Tumenyereye ko umusore kenshi iyo akunze umukobwa, amwegera akamubwira ikimuri k’umutima. Kuba umusore ahita afata iya mbere...
Kuvuga biroroha kurusha ibikorwa, bityo abagabo benshi bibwira ko kunyaza umugore mu gihe cy’imibonano mpuzabitsina byoroha ariko...
Muri aka kanya, musore ushobora kuba uri mu rukundo, ushobora kuba ufite umukobwa wita Cherie na we...
Ku bakobwa biragoye kugaragaza ko bashaka gukora imibonano mpuzabitsina, kabone n’ubwo yaba abishaka cyane, abenshi usanga batinya...
Mu bihugu byiganjemo abayoboke ba kiliziya gatolika uyu munsi ufatwa nk’uwabakundana, ariko hari ibice by’isi ufatwa nabi...
Wigeze uba mu rukundo ariko rudafatika? Ese ujya wibaza niba urukundo rudafatika rubaho? Hari igihe ushobora kuba...
Buri muntu agira uwo akunda kandi na we akifuza ko amukunda, ariko mu ntangiriro ugasanga bigoye kumenya...