3 thoughts on “NIDA igiye gutangira gufasha abashaka guhindura amafoto ari ku ndangamuntu zabo itanga ingamba z’uko bizakorwa

  1. Mwaramutse ngewe Nita muhawenayo xxx ark ikibazo mfute ababyeyi baba kundangamuntu yange sibo nanjye nanubwo mbazi mwamfasha inzira nabinyuzamo kugirango bikemuke murakoze cyane kumfasha Kandi ndabizeye ntimunyirengagize

  2. Muraho neza nanjye nshaka guhinduza imyaka kuko hariho imyaka mike kuyomfite. Nzabinyuza mubuhe buryo

  3. Muraho neza icyi cyuntu cyari gikenewe kuko amafoto asohoka ku irangamuntu aza asa nabi kuburyo umuntu agirango siwe bitewe nuburyo baba bakoze ldn ye so rero NIDA idufashije yabitangiza vuba kuko bamwe ibandikaho ko arabagabo Kandi arabagore abandi akabaha imyaka badafite kabisa amakosa asohoka ku irangamuntu nimenshi Kandi nkuko mubizi gukosoza nibintu bigora cyane bamwe bagitamo kuzitunga uko zimeze ubundi zikabimisha amahirwe yo kuba bagira service baka mubuyozi kuko irangamuntu zabo ziba zikosamye murakoze !

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *