Amashusho y’uwo bivugwa ko ari umusore uri gukorana imibonano mpuzabitsina n’umugore ari guhererekanywa hirya no hino kuri whatsApp na twitter.
Aya mashusho yaba bombi biravugwa ko ari abarokore b’i Muhanga.
Nkuko ikinyamakuru imirasiretv dukesha iyi nkuru cyabibwiwe n’umuntu wabibwiwe n’undi ubazi, yavuze ko aba ari umusore w’umushoferi usanzwe utwara nyirabuja ari nawe bari kumwe mu mashusho.
Uyu mugore ugaragara ari gutera akabariro amakuru avuga ko ari uw’i Muhanga muri ADEPR Gahogo. Uyu mugore wabaye igitaramo ku mbugankoranyambaga bivugwa ko yari n’umuririmbyi muri choral y’i Gahogo.
Amakuru akomeza avuga ko uyu mugore yarasanzwe abeshya uyu mugabo ko agiye mu masengesho Kanyarira maze akajya gusambana n’uyu mushoferi ukora akazi ko gupfubura.
Nyuma y’uko uyu musore asabye amafaranga miliyoni 8 uyu mugore akayamwima, umusore yamubwiye ko niba atayamuhaye agiye gushyira hanze amashusho ye baryamanye.
Uyu mugore ngo yarisakasatse abona miliyoni 5 umusore azakiriye ahita amubwira ko kuva atabonye million 3 zisigaye agiye kumushyira hanze.
Nyamusore niko guhita asakaza amashusho y’urukozasoni hanze ari mu gitanda n’uyu mugore wo muri ADEPR Gahogo.
Mwagiye muvuga ibyo mwahagazeho Koko uyu mugore ntago Ari umuririmbyi mwibeshye numuterankunga nkabandi Bose Kandi singombwa gushyiramo idini kuko amategeko azabakurikirana nimushaka musibe iyi nkuru kuko musebeje idini kuko birabakoraho
Gushyiraho idini ni byiza bituma ntawushakwa naryo j
Kuko idini ririca
Wacha nonese siho asengera? Nonese wagirango bashyireho ko asengera muri Islam?
Amabi mukora azajya ajya hanze,oya reka babamenye,ngo ntimwisiga ku munwa,ngo murambara birebire,ngo ntimuterek imisatsi!!ibyo nibyo byaha?reka Imana ibagaragaze uburyo mukunda gusambana mwasarishije
Mwabanyamakuru mwe muzabe abanyamwuga banyabo ,kuba uyu mugore yaguye mucyaha si itorero rya murumye aho yaba asengera hose singombwa kuhatangaza kandi nubundi umujuru yiba ahari ubutunzi,kdi muzirikane ko umuntu wese ari umuntu,ese hari uwarusha ubutwari samusoni wavutse Imana yamuvuzeho? Abaca imanza nimwitonde kuko uyu nuwo tubonye ikindi kandi mwivanga itorero numuntu.kuko yaba aruwo muri ADEPR siyo yamubwiye ngo nagende.mwishaka gusebya itorero no kuritukisha mwitwaje umuntu.Umuntu ni umuntu,itorero ni itorero ntirikwiye kuza muribi.
Mwabantu mwe nimuvuge make natwe Nuko ntawe uradushyirahanze Imana ikiduhishe naho ubundi umubiri ni danger naho kuba aruwo muri ADPR ibyo ntabwo bikaze ariko iyo aza kuba uwo muri cotholic baba barikubuga ayandi nibatuze pe!!!
Asubize umugabo wuyu mugore xiriya miriyoni eshanu kuko numutugo wurugo yariyibye,kdi afugwe
Eeee ngo niko hano hanze har abantu bubah Imana,badategekwa n irari nta soni ngo ntawaruta ubutwari Samusoni?yooo har abantu biyubaha,batakwiyandarika kuriya abantu bose ntibapfukamira bayari wapi!mugabany umushukwe,murashyushye mwikatish imisatsi ngo mur abarokore oya muzajya mujya ahagaragara
Nnese kuvuga Aho asengera bigako iriya mugore ariwe adpr ntimukumve Ibintu nabi ark
Ese ndibaza abantu Bose mukozeho inkuru muvuga naho basengera? None se idini ribijemo gute?
Uyu Mushoferi bamufunge
Yego rata ni umujuru!
Ikigaragara abantu mwese muri gutera comment muri abayoboke ba adpr nicyo kintu mbashije kuvumburamo naho ibyabaye nuko yagiye kukarubanda ariko ntawukwiye kumucirahwiteka ukwiye ibihano nuriya musore wintashima wandagaje umubyeyi kukarubanda nawe atisize
Asubize umugabo wuyu mugore xiriya miriyoni eshanu kuko numutugo wurugo yariyibye,kdi afugwe
Mwimurenganya utarasambana namutere ibuye namwe bamenye ibyanyu mwahangayika GS uwiyishe naririrwa ibyo mukora byose mujye mushyiramubwenge ark Imana izajya ibatamaza